in ,

Safi Madiba yongeye kwandagazwa n’abafana be, dore noneho ibyo yakorewe

Safi Madiba, umwe mu basore batatu bagize itsinda rya Urban Boyz uyu akaba ari numwe mu byamamare birimo kuvugwa cyane hano mu Rwanda cyane cyane bitewe n’ubukwe yakoze ku cyumweru gishize bwakomeje kugenda bugarukwaho na benshi. Safi Madiba abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto yatumye bamwe mu bafana be batahura ko nta mpeta yambaye ndetse benshi banamusaba kutaba intandaro yo gusenyuka kwa Urban Boyz.

Nkuko bamwe mu bafana ba Safi Madiba babitangaje akimara gushyira hanze iyi foto, bagiye bagaruka cyane ku kumusaba kutaba intandaro yo gusenyuka kwa Urban Boyz ndetse banamugira inama ko yagakwiye kuba intandaro yo guhosha umwuka mubi urimo kuvugwa muri rino tsinda nyuma yuko Nizzo (umwe mu bagize itsinda rya Urban Boyz) ashyize hanze amashusho yumvikanagamo kutavuga rumwe kwe na Safi Madiba mu mihitiremo ya Judith Niyonizera, umugore wa Safi Madiba.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Safi Madiba

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

HAHISHUWE ko Kim Kardashian na Kanye West batakiryamana na gato nk’umugabo n’umugore kubera impamvu isekeje cyane

Nyuma yo kurogwa,ikipe y’igihugu ikomeye ku mugabane w’Afurika yatsinzwe nabi cyane ihita ibura itike yo kwitabira igikombe cy’Isi