in

Sadio Mane yegukanye igihembo kiruta ibindi Afurika

Umunya-Senegal Sadio Mane yaraye yegukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu mwaka ushize wa 2021-2023.

Sadio Mane wari waje wabyambariye, yaje kwegukana iki gihembo gihabwa umukinnyi ukomoka ku mugabane w’Afurika witwaye neza.

Iki gihembo yagiherewe mu gihugu cya Misiri aho uyu muhango wo guhemba abakinnyi b’abanyafurika bitwaye neza waberaga.

 

Sadio Mane yatwaye iki gihembo nyuma yo guhigika inshuti ye bakinanaga mu ikipe ya Liverpool,Mohamed Salah ndetse na Edouard Mendy bakomoka mu gihugu kimwe.

Sadio Mane ni umukinnyi ukina asatira akaba akina mu ikipe ya Buyern Munich yo mu Budage aho yagiye avuye mu ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agashya i Kigali: umusore yambutse umuhanda ageze hagati atera pompage abantu baraseka baratembagara (video)

Umuhanzikazi Butera Knowless yavuze umukinnyi yihebeye kurusha abandi bose