in

Sadio Mane yakorewe ibirori bidasanzwe nyuma yo kwitwara neza muri Afurika (Videwo)

Rutahizamu wa Buyern Munich, Sadio Mane yakorewe ibiro byo kwishimira igihembo kiruta ibindi yegukanye ku mugabane w’Afurika mu munsi yashize.

Mu minsi yashize nibwo uyu Rutahizamu ukomoka muri Senegal yegukanye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza ku mugabane w’Afurika.

Iki gihembo Sadio Mane yacyegukanye ahigitse bagenzi be, Mohamed Salah bakinanaga muri Liverpool ndetse na Edouard Mendy bakomoka mu gihugu kimwe.

Akigera mu Budage aho asigaye yibera, Sadio Mane yahise akorerwe ibirori byo kwishimira icyo gihembo kiruta ibindi muri Afurika.

Ibi yabikorewe na Buyern Munich nyuma y’uko Liverpool itakoze ibirori byo kwishimira igikombe cy’Afurika yatwaye Mo Salah bahuriye ku mukino wa nyuma.

Oliver Kahn, CEO wa Bayern Munich niwe waje  ateruye ibyo guha Sadio Mane ndetse n’ibiri butume ikirori kigenda neza.

Muri iki kirori cyo kwakira iki gihembo, abakinnyi bagenzi be bakinana muri Buyern Munich bari babukereye baje kumushyigikira.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko biba bimeze iyo Anita Pendo aryamye n’umwana we (Video)

Vava uzwi nka Dore imbogo yarwaje imbavu Bruce Melody mu kiganiro live (video)