in

Sadio Mané yafushye ararengera ku mugore batari babana ahita aha gasopo abakobwa

Umukinnyi w’ikipe ya Senegal wanayitsindiye ibitego byinshi ndetse kuri ubu akaba arimo yitegura kwerekeza muri boundesliga mu ikipe ya Bayern Munich yatangaje uko umugore we azaba ameze.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Sadio Mané yagarutse ku bamubaza impamvu adashaka umugore ndetse n’abakobwa benshi babimubaza .

Yagize ati “Ntago nzashaka umugore ukoresha imbuga nkoranyambaga habe na rumwe, nzashaka umugore Imana izampitiramo kandi usenga, abakobwa rero muba mubwira byinshi, mwaba mubyihoreye”

Abantu bakimara kumva ko atazaba akoresha imbuga nkoranyambaga, bahise batangira kuvuga ko ari gufuha ndetse no kurengera kuko ni uburenganzira bw’umugore we w’ahazaza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye uburiganya bwatumye ubufaransa bwegukana igikombe cy’isi

Umukobwa wabuze umurongora yarize cyane nyuma yo gutaha ubukwe bw’abandi butabarika