in

Sacha Katee Nyuma y’igihe atagaragaza ubwiza n’ikimero cye yongeye gushyira hanze amafoto akoranye ubuhanga

Sacha Katee Nyuma y’igihe atagaragaza ubwiza n’ikimero cye yongeye gushyira hanze amafoto akoranye ubuhanga.

Umunyamideli Agasaro Sandrine uzwi nka Sacha Katee, nyuma y’igihe atigaragaza yewe ngo ashyire n’amafoto ye hanze yagurutse afite udushya ndetse n’amafoto meza cyane.

 

 

Katee ubwiza bwe buhogoza benshi dore ko Urban Boys ikiririmba yamuririmbye mu ndirimbo yabo ‘Rihanna’, mu mukarago wibukwa na benshi ugira uti “ati “Ku gituza cyiza n’ikimero nk’icya Sacha.”

Sacha Katee yamamaye cyane by’umwihariko ubwo yatangiraga kujya mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi. Aha niho benshi bamumenyeye, birushaho ubwo yinjiraga mu rukundo na Nizzo Kaboss wari muri Urban Boys.

Nyuma y’igihe Sacha Katee agatukanye imbaraga nyinshi kuko amafo agaragaza ikimero n’uburanga bwe arisukiranya ubutitsa kuri konti ye Instagram.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yasubije abashinja abafana bayo ko bateze aba APR bakabatera intosho

Ikipe ya nyuma ku rutonde rwa Premier League nayo yirukanye umutoza wayo