in

Rya banga rimaze imyaka irenga 6 yarimennye: Israel Mbonyi yavuze ibanga abantu bahoraga bibaza yaba akoresha kugira ngo indirimbo ze zikundwe cyane

Rya banga rimaze imyaka irenga 6 yarimennye: Israel Mbonyi yavuze ibanga abantu bahoraga bibaza yaba akoresha kugira ngo indirimbo ze zikundwe cyane.

Mbonyi yavuze ko kuba ibihangano bye bikundwa ‘nta bundi buhanga ashyiramo’ ahubwo iyo agiye kwandika indirimbo yisunga ijambo ry’Imana.

Israel Mbonyi yavuze ko Imana imuhamagara kuyikorera yamuhaye ‘igitabo cyo gukoresha’ kiyivugaho.

Ati “Imana yarambwiye ngo aha niho uzakura ubutunzi, niyo mpamvu buri gihe iyo ngiye kwandika indirimbo mfata ijambo ry’Imana, ndasoma nkegerana n’Imana maze ikabasha kumbwira.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nta muntu upfa atamwaye” Pasiteri Theogene n’ikiniga kinshi yatangaje uburyo yakatiwe n’umukobwa bakundanye imyaka myinshi kandi baritanaga abasheri (video)

Abagore nti boroshye, Umugore yanditse igitabo k’umugabo we wapfuye kumbe byaje kumenyekana ko hari ibyo yamukoreye ari n’abyo byamugejeje ku rupfu