in

Rwatubyaye Abdul yahishuye ikipe yifuza gukinamo mu Rwanda

Nyuma y’uko Rwatubyaye Abdul ahuye n’ikibazo cy’imvune byatumye abura umwanya wo gukina mu ikipe ya FC Shkupi ibarizwa k’umugabane w’iburayi.

Rwatubyaye yahishuye ko ari kugenda agaruka mu bihe byiza nyuma y’imvune amaranye igihe kirekire,ndetse yizeye ko yasubira i burayi .

Mu kiganiro yagiranye na mugenzi wacu yamubajije impamvu ari kugaragara akorana imyitozo na As Kigali ndetse nimba yarasinyemo, Abdul yahakanye ibyo gusinyira As Kigali yemeza ko ariyo kipe yamuhaye umwanya wo gukora imyitozo.

Rwatubyaye yahishuye ko ikipe yose mu Rwanda izakina amarushanwa yo hanze bavugana ashobora kuyikinira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama wa Dore imbogo yavuze ahavuye impano dore imbogo afite

Zari na Diamond Platinumz bongeye gutwika