in

Rwanda: umukobwa utagira amaguru ibyo yakorewe n’ababyeyi be biteye agahinda

Nubwo ibibazo bikomeye by’ubuzima byazanywe no gucibwa amaguru yombi, umukobwa mwiza witwa Emerita yanze kureka inzozi ze. Emerita, ufite imyaka 22, yagize uburwayi budasanzwe akiri umwana kandi amaguru yagombaga gucibwa kugira ngo arokore ubuzima bwe. Kuri ubu Emerita akurikirana amashuri ye makuru.

Ababyeyi ba Emerita baramutereranye ndetse bamufata nk’uko yabitangarije shene imwe yo kuri youtube .Emerita yinubira ko mama we yamusuye rimwe gusa kuva ibintu bibabaje. Yavuze kandi ko atazi isura ya se kuko na we yabataye maze arerwa na nyirakuru .

Afite inzozi zo kuba intangarugero  nubwo yahuye n’ibibazo byinshi, aracyafite inzozi ndende. Video ikora ku mutima yasangiwe kuri YouTube igaragaza ko yiga ibijyanye n’imideli.

Umuryango utegamiye kuri leta wa Giving Life Foundation wahaye Emerita ubufasha bw’amafaranga menshi hamwe n’akagare k’abafite ubumuga kamufasha umunsi ku munsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Erik Ten Hag yazenze amarira mu maso ubwo yarebaga Man U yandagazwa na Crystal Palace.

Umukinnyi Kurt Zouma ashobora gufungwa azira gukubita ipusi yiyororeye.