in

Imana ibakire mu bayo, Rwamagana habereye impanuka ikomeye y’ubwato abantu benshi barapfa

ku mugoroba wo ku wa gatanu tariki ya 26 Mutarama 2023, mu karere ka Rwamagana mu Kiyaga cya cya Mugesera habereye impanuka y’ubwato bwari butwaye abantu bubakuye mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma.

kugeza ubu hari kubarurwa abantu 6 bitabye Imana, 31 bararokoka gusa ntiharamenyekana umubare w’abantu ubwato bwari butwaye.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubundi kuki umupira w’amaguru w’u Rwanda udatera imbere?

Imana imuhe iruhuko ridashira! Umunyamideli Keza Terisky yagize ibyago