in

Rutambi arwanye n’undi musore w’ibigango amenyo ayamaramo (Umva uko byagenze)

Iradukunda Wilson wamamaye ku izina rya Rutambi yakubise umutwe Kuzafit ubwo bari kumwe mu kiganrio. Intandaro yo kurwana kw’aba bombi yatewe nuko Rutambi yari yerekanye Certificat yahawe nyuma Kuzafit akaza kuyimena, bituma Rutambi agira umujinya mwinshi amukubita umutwe ndetse batangira no gushondana cyane bashaka kurwana.

Rutambi agikubita umutwe Kuzafit, Kuza yahise yikubita hasi asaba ko bamuha umunota umwe akarwana na Rutambi gusa M. Irene wari wabatumiye mu kiganiro yabitambitse ntibarwana.

Rutambi na Kuzafit bashondanye cyane bashaka kurwana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho habonetse umukecuru ukuraho imvugo ya nta myaka 100|bamwita umuzimu.

Ibyo umufana yasabiye abatazi gutandukanya Vestine na Dorcas