in

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekeje mu ikipe ikomeye hanze y’u Rwanda

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yerekeje mu ikipe ikomeye hanze y’u Rwanda

Ku munsi wejo hashize nibwo hagiye hanze ibaruwa yemerera Gitego Arthur ukinira ikipe ya Marine FC kwerekeza mu gihugu cya Kenya mu ikipe ya AFC Leopard nyuma yibiganiro hagati y’iyi kipe ndetse na Marine FC.

Gitego Arthur yari amaze igihe mu ikipe ya Marine FC ndetse anitwara neza dore ko yagendaga atsinda ibitego biri hejuru ya 6 ubwo yabaga ameze neza niho ikipe ya AFC Leopard yamubengutse yifuza kuba yamugura.

Biravugwa ko Gitego Arthur kuri uyu wa Gatanu arerekeza muri iki gihugu cya Kenya kujya gusinya amasezerano ndetse agahita yerekwa abafana ba Leopard kugirango atangire gukina shampiyona y’iki gihugu.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutsiro abarakare bakuye Abana mw’ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiryo biva Kwa shitani.

Abakinnyi 20 bamaze guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore aho bagiye gutangira umwiherero