in

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yatunguwe n’abanyamakuru ku isabukuru ye y’amavuko (Videwo)

Umwataka w’ikipe ya Police Fc, Ndayishimiye Dominique yatunguriwe muri situdiyo ya BB Fm Umwezi ahabwa cake.

Ibi byabaye kuri uyu wa gatatu, aho uyu musore ukina asatira mu ikipe ya Police Fc yari yagize isabukuru y’amavuko.

Uyu musore yari umutumirwa mu kiganiro cy’imyidagaduro kuri iyi Radio, aho yahageze nk’ibisanzwe agatangira gutanga ikiganiro.

Ubwo uyu musore yari ari gutanga ikiganiro yatunguwe no kumva bamuririmbira indirimbo imwifuriza isabukuru nziza y’amavuko, mu gihe bamuririmbiraga bahise bimuzanira na cake.

Uyu musore yishimiye cyane iki gikorwa yakorewe n’aba banyamakuru bakora imyidagaduro kuri iyi Radio, aho kwifata byamunaniye asuka amarira

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Anita Pendo batangajwe no kumubona yambaye imyenda y’ishuri na kambambiri

Akumiro: umukobwa yaguye gitumo sheri we aryamanye n’imbwa