in

Rutahizamu w’ikipe ikomeye mu Rwanda n’umugore bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta (Videwo)

Rutahizamu w’ikipe ya Police Fc n’umugore we bari mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta bwabo nyuma y’igihe bamutegereje.

Rutahizamu Sibomana Patrick n’umugore we Uwase Hausnat bibarutse ubuheta ku munsi wo ku wa Gatatu tariki ya 24 Kanama 2022.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Sibomana yashyizeho amashusho ateruye umwana we nuko maze hasi yindikaho amagambo ashimira umugore we.

Uyu Rutahizamu wa police Fc n’umugore we bahise bagira abana babiri.

Videwo

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Umukecuru yaguwe gitumo yiba imyenda y’imbere ya mugenzi we

Umukobwa yasaze nyuma yo guterwa ivi n’umugabo umurusha imyaka irenga 20 (Videwo)