in

Rutahizamu wa Rayon Sports yatakambiye ubuyobozi bwa APR FC asaba ko bamugura ubuyobozi bumubwira ko bidashoboka kubera ko umutoza Thiery Froger adakunda imikinire ye

Rutahizamu wa Rayon Sports yatakambiye ubuyobozi bwa APR FC asaba ko bamugura ubuyobozi bumubwira ko bidashoboka kubera ko umutoza Thiery Froger adakunda imikinire ye

Rutahizamu wa Rayon Sports bivugwa ko yamaze gusezererwa, Yousef Rharb yakomanze mu ikipe ya APR FC asaba ko yayerekezamo ubuyobozi buramwangira.

Hashize iminsi Yousef Rharb asinyiye ikipe ya Rayon Sports nyuma yaho ubwo yazaga yakoze ibitangaza ariko kuri iyi nshuro agaruwe ntabwo yigeze agira icyo akora ndetse bigera naho agiye gutandukana n’iyi kipe kuko bivugwa ko yanamaze kumenyeshwa nubwo ubuyobozi bwa Rayon Sports butaragira icyo bubitangazaho.

Amakuru twamenye ni uko Youseff Rharb nyuma yo kubona ko muri Rayon Sports kubona umwanya bigoye yahise akomanga muri APR FC asaba ko yahabwa amahirwe akayikinamo ariko uyu rutahizamu yabwiwe ko bidashoboka kubera ko ngo ibyo umutoza akeneye atabimubonamo.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Umwana wakoze impanuka akaba arembeye mu bitaro bya Muhima arashakisha umuryango we (VIDEWO)

Niba ukiri muto cyangwa ukuze ukaba ufite aho ushaka kuva naho ushaka kwigeza tega amatwi w’umve ijambo ryatanzwe n’umwe mu bayobozi ba RIB, nurihomba bizakugora kubomvu nk’ibyo yavuze