in

Rutahizamu wa Rayon Sports WFC ubu ari kubarizwa muri Portugal

Rutahizamu wa Rayon Sports WFC, Nibagwire Libellée ari mu igeragezwa mu gihugu cya Portugal aho agiye kumara ibyumweru bitatu.

Nibagwire Libellée yemeje aya makuru ubwo yabibazwaga n’Umuseke, yagize ati: “Yego. Nagiye mu igeragezwa muri Portugal.”

Byemezwa ko uyu mukinnyi ari gukora igeragezwa mu kipe ya FC Setúbal Football Club y’Abagore ikina mu Cyiciro cya Mbere.

Nibagwire Libelléé ni umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’Abagore, yaje muri Rayon Sports avuye mu ikipe ya AS Kigali y’abagore umwaka ushize.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakozi ba APR FC bari bafungiwe kuroga abakinnyi ba Kiyovu Sports, bafunguwe

Ibyamamare bitandukanye byitabiriye umuhango wo kwamamaza umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi – AMAFOTO