in

Rutahizamu wa Rayon Sport w’imyaka 20 yaburiwe irengero rye mu kibuga bigacyekwa ko yasezerewe igitaraganya

Rutahizamu wa Rayon Sport w’imyaka 20 yaburiwe irengero rye mu kibuga bigacyekwa ko yirukanwe.

Biravugwa ko Rutahizamu ukomoka muri Cote D’Ivoire, Gnamien Mohaye Yvan waje mu Rwanda aje gukinira Rayon Sports avuga afite imyaka 20 yaje gusezererwa mu ibanga.

Uyu rutahizamu yaje gusezererwa nyuma y’uko iyi kipe isanze yarabeshye imyaka ndetse n’imikinire ye iri ku rwego rwo hasi.

Muri Kanama 2023 nibwo Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije rutahizamu ukomoka muri Cote D’Ivoire w’imyaka 20.

Akimara kuhagera, Rayon Sports yasanze yarabeshye imyaka ndetse ko n’imikinire ye yari iri hasi. Ibyo byatumye Rayon Sports isanga yarabeshywe n’abamubarangiye iza gutandukana nawe byihuse mu ibanga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rigoga Ruth yaremye agatima abitakarije icyizere cy’ubuzima 

Mu ijwi ryuzuye uburakari umuhanzi Okkama yiyamye abantu bose bavuga ko bamusumba cyakora yatangaje ibintu bisabwa kugira ngo ubyemererwe -AMASHUSHO