in

Rutahizamu wa APR FC bivugwa ko ntakibazo afitanye n’umutoza yagaragaye yumiwe nyuma yo kwimwa umwanya wo kuza no muri 18 kandi we yemeza ko ari muryerye

Rutahizamu wa APR FC bivugwa ko ntakibazo afitanye n’umutoza yagaragaye yumiwe nyuma yo kwimwa umwanya wo kuza no muri 18 kandi we yemeza ko ari muryerye

Hashize iminsi rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Sharaf Eldin Shaiboub bivuzwe ko afitanye ikibazo n’umutoza wa APR FC Thierry Froger kubera ko uyu mukinnyi ngo yagiriye inama umutoza akabifata nko kumusuzugura birangira ashyizwe hanze batangaza ko atameze neza.

Uyu rutahizamu, hashize iminsi yarababariwe agaruka mu myitozo ndetse imikino imwe n’imwe ikajya ijya gukinwa bivugwa ko araza gukoreshwa ariko bikarangira yimwe umwanya. Kuri uyu wa gatandatu ubwo ikipe ya APR FC yakinaga n’ikipe ya Muhazi United FC ntabwo uyu mukinnyi nabwo yanashyizwe mu bakinnyi 18 barakoreshwa.

Mu mafoto yagiye hanze yagaragaye yumiwe ndetse ubona ko atishimye nubwo benshi babifata nkaho arimo kuruhutswa cyangwa se kumufasha kugirango akomeze amere neza azagaruke ntakibazo afite.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo wabyara aba miss nawe utari mwiza koko! Kayumba Darina yerekanye Mama we abantu batangazwa n’ubwiza bwe n’uburyo akiri inkumi – Amafoto

Imodoka ya Fuso igonze inzu z’ubucuruzi i Karongi, ihitana abarimo