in

Rutahizamu wa Amavubi wigeze kuraza abantu mu muhanda agiye kugaruka gukina mu Rwanda nyuma y’uko atandukanye n’ikipe yakiniraga yo hanze y’u Rwanda

Rutahizamu wa Amavubi wigeze kuraza abantu mu muhanda agiye kugaruka gukina mu Rwanda nyuma y’uko atandukanye n’ikipe yakiniraga yo hanze y’u Rwanda.

Sugira Ernest yatandukanye n’ikipe ya Al Wahda nyuma yo kumaramo umwaka umwe.

Sugira wari wasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe, yatandukanye n’ayo nyuma y’umwaka umwe.

Uyu rutahizamu wigeze kuraza abantu mu muhanda, yabwiye The New Times ko yatandukanye n’iyi kipe ku bw’umvikane bw’impande zombi.

Abajijwe aho agiye kwerekeza yavuze ko ashobora kugaruka mu Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni ikiraya cyakoze ubukwe”: Kecapu yahaye i Kinyarwanda abantu bose bamuvuze nabi arangije abishimanga hejuru (video)

Bidukorere Dalilah! Abafana bagiye ku mavi ngo haaland bamukore nk’ibyo bakoze Samusoni