in

Rutahizamu uherutse kuvuna Kimenyi Yves, mu muryango ujya mu Mavubi

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye kujya gushaka itike y’igikombe cy’isi, irashaka kwifashisha rutahizamu wa Musanze FC.

Ferwafa yatekereje kuri rutahizamu Peter Agblevor kuba yakongerwa mu mavubi.

Nk’uko bitangazwa na Radio1, ngo uyu rutahizamu yatekerejwe na Ferwafa kujya gufasha ubusatirizi bw’u Rwanda.

Ni icyemezo cyitari cyahabwa umugisha, gusa bari muri gahunda y’ikipe y’igihugu Amavubi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali -Gasabo! Umusore wibanaga mu nzu (Ghetto) yiyahuye

Umuraperi Fire Man yashimiye byimazeyo Yolo The Queen nyuma yo gukorwa ku mutima n’igikorwa uyu mukobwa w’imiterere idasazwe yakoze – AMAFOTO