in

Rutahizamu mushya Rayon Sports iheruka gusinyisha yagize ikibazo cy’imvune benshi bifata ku munwa

Rutahizamu mushya Rayon Sports iheruka gusinyisha yagize ikibazo cy’imvune benshi bifata ku munwa

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports uheruka gusinya yamaze kugira ikibazo cy’imvune mu myitozo yakozwe uyu munsi.

Kuri uyu wa kane tariki 27 Nyakanga 2023, ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo yitabiriwe n’abakinnyi 2 bashya barimo Charles Bbaale ndetse na Joachiam Ojera bose bakomoka mu gihugu cya Uganda.

Iyi myitozo yari iryoheye amaso ariko iza gutera icyikango ku bafana ndetse n’abantu bari baje kureba iyi myitozo kubera kuvunika kwa Youseff Rharb. Uyu mukinnyi yahuje na mugenzi ahita yicara hasi akandakanda ikirenge cye ndetse imyitozo asohoka itarangiye.

Nubwo Youseff Rharb yavuye mu myitozo itarangiye bamwe mu batoza baremeza ko atari ibintu bikomeye cyane ahubwo baretse gukomeza kumukoresha kugirango bitaba ibintu birenze ariko ntabwo bizamara igihe kinini.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Ferwafa imaze gutangaza umubare w’abakinnyi b’abanyamahanga bemerewe kubanza mu kibuga gusa uhabanye n’uwo abantu bari biteze -ITANGAZO

Byagusaba gushishoza kugira ngo umumenye: Bahati Kenya wakoranye indirimbo na Bruce Melodie yagaragaye mu ishusho nshya yabaye undi w’undi -AMAFOTO