in

Rutahizamu Gabriel Jesus yamaze kugera i London (Amafoto)

Nkuko byagiye bivugwa mu nkuru zitandukanye aho benshi mu bafana ba Arsenal bari bategereje inkuru nziza kuva muri Manchester city.

Bidasubirwaho umukinnyi Gabriel Jesus yamaze gusinya muri Arsenal kugeza mu mwaka wa 2027 ari umukinnyi w’ikipe ya Arsenal.

Gabriel Jesus yitezweho kuyobora ubusatiriza bwa Arsenal ndetse akazamura ibitego dore ko aricyo kibazo Arsenal yahuraga nacyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yibye umukunzi w’inshuti ye magara wamwizeraga cyane(Video)

Bushali n’umufasha we bagaragaye barya ubuzima (AMAFOTO)