in

Rusizi habaye impanuka: Umushoferi wa Kompanyi imwe itwara abantu hano mu Rwanda yaparitse imodoka ashiduka yitwaye igwa mu mpanga ijyana n’abari ba yirimo

Rusizi: Umushoferi wa Kompanyi imwe itwara abantu hano mu Rwanda yaparitse imodoka ashiduka yitwaye igwa mu mpanga ijyana n’abari ba yirimo

Kuri uyu wa gatandatu tariki 17 Kamena 2023 Muri Gare ya Rusizi Imana yakinze ukuboko,ubwo imodoka ya Kompanyi ya Volcano itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yamanukaga butosho ikagwa mu manga ubwo shoferi wayo yari ayiparitse ategereje abagenzi.

Bivugwa ko uyu mu shoferi yari ategereje abagenzi hari n’abari bamaze kujya mo  ndetse n’imodoka ya yiteze ibuye gusa mu buryo na we atazi imodoka ya hise iporomoka agiye ku yinjiramo ngo ayigarure abari aho hafi baramufata kuko n’ubundi byari byarangiye.

Iyi modoka igwa mu mpanga yari irimo abagenzi gusa Imana yakinze ukuboko nta n’umwe wahapfiriye uretse abagera kuri 5 bakomeretse byoroheje na bo bajyanywe kwa mu ganga.

Abaturage bakomeje bavuga ko mu gihe iyi gate ya Rusizi idahinduriwe imiterere ibi bizakomeza kuba kuko iri ahantu hahanamye bijabije.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eugene
Eugene
1 year ago

Ibyo Imana ukora biradurangaza ntanuwabimenya uko biri.

Gutwara igikombe cy’Isi byatumye ahindura imipangu ye! Lionel Messi yatangaje ukuntu yisubiyeho ku mwanzuro yafashe nyuma yo kwegukana igikombe cy’Isi

Bamwe mu bakora umwuga w’uburaya n’ubupfubuzi bagiye guhagurukirwa kubera icyaha gikomeye bakomeje gukorera bamwe mu ba kiriya babo