in , ,

Rurageretse Hagati Ya Shaddyboo N’abafana Be Nyuma Yuko Yise Abarangije Kwiga “Abakene Babyize”

Shaddyboo ntajya yiburira bitewe n’ibitekerezo akunze gutanga ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane Twitter maze ntabyumvikaneho n’abamukurikira bigatuma abafana be bajya impaka rukabura gica.

Ku munsi wejo, Shaddyboo yanyarukiye ku rukuta rwe rwa Twiiter maze asigaho ubutumwa bugira buti “ Uburyo abarangije kwiga abenshi ari abakene 😭😭😭, wagira bari baragiye kwiga uburyo umuntu aba umukene munsi 30 .”

Nyuma yubu butumwa yibasira abarangije kwiga yerekana ko wagirango nibyo bari baragiye kwiga, benshi byabakorogoshoye mu mutwe maze nabo basubiza Shaddyboo n’uburakari bw’inshi.

Umwe yagize ati “ubuse abana bawe ntuzabarihira ngo bige ,cg uzabareka bataziga ubukene🤭😂😂”

Dore bimwe mu bitekerezo byatanzwe n’abakurikira Shaddyboo kubyo yatangaje.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Umusore Yihandaje Yaka Minisitiri Wa Siporo Agafuka K’umuceri

Miss Shimwa Guelda akoresheje amagambo meza y’urukundo yifurije umugabo we isabukuru nziza y’imyaka ishize barushinze