in

Rumaga yateye inda! Umukobwa wakinnye na Rumaga bikarangira amuteye inda akomeje kuvugisha benshi – Amafoto

Umusizi Rumaga abinyujije ku rukuta rwe rwa X yaciye amarenga ko yateye inda ndetse ko nta yandi mahitamo afite.

Abantu benshi bakomeje kumuha feresitasiyo abandi nabo bakomeza gutangazwa n’uburyo akorera imbere, gusa hari n’abandi batabyemeye ahubwo bavuga ko ari igihuha bahimbye, baratekereza ko mu mupira w’uyu mukobwa witwa Ruth baba bashyizemo ibindi bintu bimugaragaza nk’utwite.

Comments.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rubanda bagira imigongo! Umugore ufite abana 22 arifuza kubyara 105

Muri Miliyoni 7 dore amaze kuboneka mu gikorwa cyo gufasha Beatha (Mama Nick) akongera kugenda