in

Ruhango! Umugabo yishwe n’inyama y’ingurube mu buryo abantu batakekaga

Mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Ruhango mu munge a Byimana, akagari aa Mpanda umugabo yagiye mu kabari agura inyama y’ingurube imurahirira aho binikaga.

Uyu mugabo akimara kuyirya yamunize abaturage bagerageza kumutabara ngo bayimukize biranga kugeza ubwo yamuhitanye ahasiga ubuzima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyiyumviro bya Yannick Mukunzi nyuma yo kutagirirwa icyizere n’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi kandi iburayi ariwe gisingizo cya buri wese

Abakunzi b’ifiriti i Kigali ubu baramwenyura: Igiciro cy’ibirayi mu mujyi wa Kigali gikomeje kumanuka muri izi mpera z’umwaka