in

Ruhango: Abanyeshuri 2 barohamye mu mugezi wa Nyabarongo

????????????????????????????????????

Mu karere ka Ruhango mu murenge wa Kinihira haravugwa inkuru y’akababaro y’abanyeshuri 2, Niyomukiza Eric w’imyaka 11 na Niyomugabo Claude w’imyaka 9 bigaga mu mashuri abanza, barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo bahasiga ubuzima.

Aba bana bari batuye mu Mudugudu wa Nyabivumu, akagari ka Bweramvura Umurenge wa Kinihira, amakuru avuga ko bagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo bashaka koga muri Nyabarongo irabatwara.

Imirambo y’aba bana bombi iri mu buruhukiro mu Bitaro bya Gitwe, kugira ngo ikorerwe isuzuma.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azanye ingamba nshya! Umutoza mushya wa Kiyovu Sports yavuze ingamba azanye muri shampiyona y’u Rwanda

Ubuzima bwabaye ubuki! Wa mwana w’umukobwa wagaragaye ari gucuruza imineke ku muhanda ari no kwiga, yahinduriwe ubuzima asigaye yiga ahantu heza cyane (AMAFOTO)