in ,

Rubavu:Wa mukobwa wanze kuryamana na gitifu akanamukura amenyo, yatawe muri yombi

Mu minsi yashize nibwo hamenyakanye inkuru y’umukobwa wakuwe iryinyo kubera kwanga kuryamana na gitifu w’umurenge wa kanzenze mu karere ka Rubavu, byamenyekanye ko yahise atabwa muri yombi.

Uyu mukobwa yashatse kurega gitifu hanyuma gitifu amucira umugani ati “Inkubisi y’amabyi irayitera” yashakaga kumubwira ko nakomeza kumurega ariwe uzabigenderamo.

Nkuko tubikesha igitangazamakuru cya Radio Tv10, manager w’akabari uyu mukobwa w’imyaka 22 yareze gitifu birangira ariwe ubigendeyemo ahita afungwa.

Abantu benshi bakomeje kugaragaza ko uwo mukobwa akwiye gufungurwa kugira ngo arebe uko yarega agahabwa ubutabera ndetse na manager wa akabari yakoreragamo yiyemeje kumufasha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwiba miliyoni 15 yagarukiye gatuna RIB ihita imucakira

Miss Muheto Divine yatwaye aba Miss bagenzi be mu modoka nshya yahawe (Amafoto na Videwo)