in

Rubanda rugira ayarwo koko; ifoto Wolves iri guhekenya Liverpool nyuma y’umukino wabahuje

Uyu munsi nibwo ikipe ya Liverpool yahuye n’ikipe ya wolves, ariko Liverpool nibyayigendekeye neza kuko byarangiye ikubiswe Ibitego 3 kuri 0.

Kuva umukino urangiye abafana batangiye gukora icyo twakwita nk’umunzani, ubusanzwe Liverpool ihagarariwe n’inyoni mugihe wolves ari ikirura, ubwo abafana bahise bashyira hanze ifoto y’ikirura kiri kurya inyoni.

Written by Uwihirwe Olivier

0782114729 message me on WhatsApp

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Mukadaff nyuma y’imyaka 2 adashyira hanze indirimbo yatangaje ibyo yari ahugiyemo

Ifoto y’umunsi: Mw’ikanzu y’umutuku Pamella afashwe ku matama n’umukunzi we maze amubaza ikibazo cyakoze ku mitima ya benshi