in ,

Romelu Lukaku nyuma yo kugurwa na Manchester United ahise ajugunywa mu buroko (Impamvu)

Mu gihe nta masaha angahe ashize umusore Romelu Lukaku aguzwe n’ikipe ya Manchester United ava muri Everton,kuri ubu aho yari ari mu biruhuko muri Beverly Hills muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika akaba yagiranye ibibazo na polisi.

Romelu Lukaku akaba yakoresheje ikirori mu nzu yakodeshaga i Los Angeles aribwo abaturanyi baregeye polisi ko ari urusaku ari rwinshi ayo ikamwiyama inshuro 6 mbere yo kumwandikira agapapuro k’uko azitaba ubutabera.

Agapapuro polisi yandikiye Romelu Lukaku

Lukaku aho ari mu biruhuko muri Amerika ari kumwe na Paul Pogba bazakinana mw’ikipe ya Man Utd yamuguze imukura muri Everton.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye-Ikipe ya Manchester United ikaba yibitseho rutahizamu yifuzaga cyane

Dore urutonde rw’ibitego bitazibagirana mu mateka ya Ruhago