in

Rocky kirabiranya yasimbuje Papa Cyangwe inkumi y’umu ADEPR (Video)

Emeline Uwimana Penzi w’imyaka 23 uzwi nka Penzi mu muziki aho aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana akaba asengera muri ADEPR, ubu abarizwa muri Rocky Entertainment ya Uwizeyimana Marc uzwi nka Rocky kirabiranya umusobanuzi wa filime ukomeye mu Rwanda.

Nyuma y’iminsi itari myinshi asezereye umuhanzi Papa cyangwe muri label ye yijeje abakunzi ba Rocky entertainment kuzana undi muhanzi ufite impano azafasha ku muzamura nkuko yabikoze kuri Papa cyangwe.

Nibwo yahisemo kuzana umu gospel usanzwe aririmba muri church ya ADEPR nkuko abyivugira mu mashusho tugiye kubasangiza .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ishyano: umusore yaguye mu kantu ubwo yajyaga mu bukwe agasanga umugeni ni uwari umukunzi we.

Mu Rwanda: umugore wa Pasteri afashe pasteri aryamanye n’umukozi wo mu rugo ,intambara irarota(Video)