in

RIP Tuyisenge Thabita! Umukobwa witabye Imana bigakekwa ko yishwe n’imiti yaterewe muri pharmacy akomeje kubabaza benshi kubera atahawe ubutabera

RIP Tuyisenge Thabita! Umukobwa witabye Imana bigakekwa ko yishwe n’imiti yaterewe muri pharmacy akomeje kubabaza kubera itahawe ubutabera.

Umuryango wo muri Rusizi mu murenge wa Bugarama uherutse gupfusha umwana w’umukobwa bigakekwa yishwe n’umuti yaterewe muri pharmacy kuko yayinjiyemo ari muzima agasohorwa ari indembe, uratakambira inzego z’ubutabera kurenganurwa bakabona ubutabera.

Bavuze ibi nyuma yo kwifatira ukekwa wari wabanje gutoroka, ariko akarekurwa n’urukiko rwibanze rwa nyakabuye mu buryo bita ko bufifitse kuko yaburanishijwe akarekurwa batabizi nyuma yo kubeshwa n’urukiko itariki y’urubanza.

Pharmacy nyakwigendera yaterewemo umuti wamwishe iracyakora nk’ibisanzwe mu gihe umuryango wa nyakwigendera ukeka ruswa mu irekurwa ry’uwaregwaga ubwicanyi magingo aya bitazwi aho aherereye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Arakurusha ubwiza kandi ashaje” Miss Mutesi Jolly yerekanye Mama we maze abafana be bakimubona basanga burya nta bwiza bwa Jolly umugereranyije na Mama we (VIDEWO)

Rutahizamu wa APR FC yemeje ko agomba gutsinda igitego ikipe ya Pyramid FC uko byagenda kose yabanzwa mu kibuga cyangwa akajyamo asimbuye