in

RIP Serugendo Sylve! Umusore yahamagajwe ngo ajye gusobanura imyitwarire ye idahwitse yagaragaje ni uko maze ahitamo kujya kwisobanura imbere y’Imana aho kujya imbere y’abo bantu bamuhamagaje

RIP Serugendo Sylve! Umusore yahamagajwe ngo ajye gusobanura imyitwarire ye idahwitse yagaragaje ni uko maze ahitamo kujya kwisobanura imbere y’Imana aho kujya imbere y’abo bantu bamuhamagaje.

Serugendo Sylver w’imyaka 38, yasanzwe yimanitse mu mugozi mu Mudugudu Murara, Akagari ka Mutarama, Umurenge wa Mukarange, Akarere ka Gicumbi.

Amakuru yamenyekanye saa tanu, ubuyobozi bw’Umudugudu byabereyemo buvuga icyatumye uwo musore yiyahura kitazwi, ariko bakeka ko bishobora kuba bifitanye isano n’uko yari yahamagajwe kugira ngo ajye kwisobanura ku myitwarire ye idahwitse.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: Inkari z’abasinzi bo mu Byangabo zikomeje kubangamira abaturage baturiye aho banyara

Nyuma ya Manzi Thiery na Bonheur batazaza gukinira u Rwanda undi mukinnyi yamenyesheje ubuyobozi bwa FERWAFA ko atazaza