in

RIP Jean Damascène: FERWAFA yihanganishije abakunzi ba ruhago bababajwe n’urupfu rwa Ndayisaba Jean Damascène

Ishirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryihanganishije abakunzi ba ruhago bababajwe n’urupfu rwa Ndayisaba Jean Damascène wabaye Perezida w’Ikipe ya AS Muhanga, witabye Imana mu ijoro kuri uyu wa 14 Ukwakira.

FERWAFA yagize iti “Twifurije iruhuko ridashira Bwana Ndayisaba Jean Damascène watuvuyemo, twihanganishije abakunzi b’Umupira w’Amaguru, ikipe ya As Muhanga FC yabereye umuyobozi igihe kinini, n’umuryango we by’umwihariko. Umusanzu we mu iterambere ry’Umupira w’amaguru ntuzibagirana.”

Ndayisaba yapfiriye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, aho yari amaze amezi abiri arwaye kanseri y’umwijima.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo rwamubanye bombo! Ariel Ways yateye umutoma umusore babirimo – Amafoto

Kamonyi: Umukobwa w’imyaka 25 wari ufite uburwayi bwo mu mutwe yarasambanyijwe ubundi aricwa none ababikoze bari mu mazi abira