in

RIP: Intore Massamba ari muri Canada aho yitabiriye igitaramo cyo kuzirikana umwishya we witabye imana

Ku munsi w’ejo hashize nibwo umuhanzi w’umunyarwanda Intore Massamba yasesekaraga mu gihugu cya Canada aho yotabiriye ibirori byo kuzirikana CK witabye Imana.

Ubusanzwe Kevin(CK) yari umwishya wa Massamba Intore, ndetse ubwo uyu mwana yapfaga Massamba yagaragaje ko ababajwe cyane n’urupfu rw’umwishywa we.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, mu ijoro abatunze imodoka baraye batonze Umurongo kuri za sitasiyo za Lisansi bagiye kunywesha ibiciro bitari byazamuka (AMAFOTO)

Kimwe bagihomye! Umwana yavukanye ibitsina bibiri bitungara ababyeyi be n’abaganga