in

Rihanna n’umukunzi we byabananiye kwihangana birangira basomaniye mu ruhame bitungura benshi.

Umuhanzikazi Rihanna n’umukunzi we Rocky ASAP bananiwe kwifata kubera urukundo bituma basomanira imbere y’imbaga ,abantu barumirwa.Ibi babigaragaje ubwo bari batemberanye mu mujyi wa New York muri resitora bari bagiye gusangiriramo aho basazwe n’ibyishimo basomanira mu ruhame.

Aba bombi bakaba basazwe n’ibyishimo maze byiza Rihanna yagiranye n’umukunzi we Asap Rocky ubwo bari basohokeye muri resitora mu mujyi wa New York aho bagasomaniye mu ruhame maze bafotorwa n’abapaparazi karahava.Amafoto yabo akaba yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga, ndetse bamwe birabatangaza,bemeza ko urukundo rw’aba bombi rugeze aharyoshye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uziko abagabo baca inyuma abagore babo bakunze kwicwa n’umutima?Sobanukirwa impamvu zibitera.

Shaddyboo akoze agashya muri Ruhago Nyarwanda