in

Riderman yahishuye umunsi wambere yanywereyeho ikiyobyabwenge cya Mugo

Umuhanzi Riderman wamenyekanye cyane mu muziki Nyarwanda yatangaje ko mu buzima bwe yasomye ku k’iyobyabwenge cya mugo rimwe gusa.

Ubwo yari mu kiganiro na Igihe yavuze ko mu mwaka wa 2011 ubwo yari ari muri studio agiye gukora indirimbo, aribwo abo bari kumwe bagiye kunwa kuri iki kiyobyabwenge nawe agasomaho ariko ari bimwe byo kugendera mu kigare.

Yavuze ko kandi iyo nshuro yariyo yambere ndetse yariyo yanyuma ngo kuko kuva icyo gihe ntiyongeye no gutekereza gusomaho.

Riderman akomeza avuga ko yagiye abona benshi bagizweho ingaruka n’ibiyobyabwenge, ndetse n’abagenzi be bamubuzaga kuba yabikoresha, ibyo byose bituma abizinukwa.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwayezu Jean Fidèle uyobora Rayon Sports, yagaragaje abihishe inyuma y’igurwa ry’abakinnyi b’imfube mu Murera

Muri Cameroon zabyaye amahari hagati y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru “FECAFOOT” na minisiteri ya siporo.