in

RIB ifatanyije na Police y’u Rwanda barasaba abantu bafite intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuzitanga mu maguru mashya

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rufatanyije na Police y’u Rwanda, basabye abafite intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kuzishyikiriza Polisi y’u Rwanda kuri sitasiyo zayo zibegereye mu maguru mashya kuko uzazifatanwa azahanwa n’amategeko.

Avuga ibi yanakomoje ku bantu bakina firime nyarwanda bagashaka kugaragaza intwaro z’ibikinisho ko nabyo bishobora guhungabanya ituze ry’abaturage bikaba byahungabanya umutekano.

Yavuze ko ibyiza bazajya bagana inzego z’umutekano bakabigisha uko zikoreshwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Minisiteri ya Siporo yasabye imbabazi abafana bagiriye ibyago mu mukino wahuje Rayon Sports na APR FC muri stade Amahoro kubera umubyigano

Hari abafana barebye umukino batambaye inkweto, abandi bajyanwa kwa muganga kubera ibikomere! Udushya twabereye muri stade Amahoro ku mukino wa APR FC na Rayon Sports – AMAFOTO