in

Reka nibarize abakobwa, iyo mwambaye udushumi mu kibuno ntanubwo tubarya? Jessica yagiriye abakobwa bose inama itari agakecuru nyuma yo kubona ko udushumi tubateza abantu

Reka nibarize abakobwa, iyo mwambaye udushumi mu kibuno ntanubwo tubarya? Jessica yagiriye abakobwa bose inama itari agakecuru nyuma yo kubona ko udushumi tubateza abantu. 

 

Nyuma yo kubona videwo y’umukobwa mugenzi we wagiye kuri moto akagenda ijipo iguruka ndetse akerekana ubusa, Jessica yagiriye inama abandi bakobwa.

Jessica yagiriye inama abakobwa, agira ati “byibuza igihe ugiye kwambara ijipo itaratse ujye ushyiramo  agakora gato”. Ngo kuko ko kadasebetse cyane ndetse katakwambika ubusa nkuko uriya byamugendekeye.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Hari abo nabonye bashyizemo ibirongo bingana n’ibitego bazarya ejo” Rayon Sport yabonye mucyeba wayo ashyize hanze imyambaro mishya nabo bahita basohora iyo bari babitse -AMAFOTO

“Nonese mwagiye mutwima” Ndimbati arebye imiterere ya Judy maze amusaba ikintu kimwe -Amashusho