in

Reka Mbappé bange ko akora imyitozo ni mu gihe: Ikipe ya Paris Saint Germain nyuma yo kubona ko Mbappé ayiteye umugongo ihise isinyisha rutahizamu karundura uzakora nk’ibyo yakoraga -AMAFOTO

Reka Mbappé bange ko akora imyitozo ni mu gihe: Ikipe ya Paris Saint Germain nyuma yo kubona ko Mbappé ayiteye umugongo ihise isinyisha rutahizamu karundura uzakora nk’ibyo yakoraga.

Rutahizamu w’umunya Portugal Goncalo w’umuhanga cyane wakiniraga ikipe ya Benfica yo mu gihugu cya Portugal amaze gusinyira ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa ni nyuma y’uko abataka b’iyi kipe bakomeje kuyishiraho urucogo cogo.

Uyu musore w’imyaka 22 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka itanu muri iyi kipe ya Paris Saint Germain aho yahawe miliyoni 65€+15€.

Amafoto:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aba nibo bazaca impaka: Menya abakinnyi 11 bazabanza mu kibuga ku mukino w’igikombe gihiga ibindi cya Super Cup cyizahuza APR FC na Rayon Sports

Ntago wapfa kubyizera kereka ubibonye! Umugabo yahagaze mu kibatsi cy’umuriro abyinamo arenzaho anaryamamo ntiyagira icyo aba (Reba amashusho)