in ,

Reba umukobwa w’uburanga buhebuje bivugwa ko ari mu Rukundo na Paul Pogba

Mu gihe hataramenyekana neza igihe Paul Pogba azagarukira mu kibuga kubera ikibazo cy’imvune amaranye iminsi, uyu musore ukinira ikipe ya Manchester United yagaragaye ari kurya ubuzima mu mugi wa Miami ari kumwe n’umukobwa bivugwa ko yaba ari umukunzi we mushya.

Uyu mukobwa kuri ubu amazina ye ntaramenyekana gusa umubano we na Pogba ukaba waragiye ahagaragara mu kwezi kwa karindwi ubwo Pogba na Lukaku bari baragiye kuruhukira Miami n’ubundi. Akaba aribwo Pogba yagaragaye bwambere ari kumwe n’uyu mukobwa w’umuzungukazi bigaragara ko akiri muto ndetse icyo gihe Pogba akaba yaramuhokanye muri restaurant ihenze yo muri Miami.

Pogba ufite ikibazo cy’imvune, ubu yibereye Miami aho ari kwishimisha n’uwo mukobwa

 

Reba Pogba n’uyu mukobwa bagaragara bwa mbere bari kumwe

Dore igihe bari basohokanye

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Young Grace akomeje gushimangira urukundo akunda Yannick Mukunzi (inkuru irambuye)

Dore ikintu Usengimana Faustin yakoze kigakora ku mitima y’abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports