in

Reba uburyo butangaje wamenya imyitwarire y’umusore/umugabo ku bagore urebeye ku ntoki ze.

Ingano y’umusemburi wa testosterone umwana ahura nayo bamutwite no mumezi yambere avutse niyo igena uburebure bw’urotoki rwambarwaho impeta niba ruzasumba mukubitarukoko cyangwa ruzaba rugufi kuri mukubitarukoko.

Iyo ari myinshi urutoki rwa mukubita rukoko rusumba urwambarwaho impeta,hanyuma iyo ari mike rukaba rugufi kurwambarwaho impeta.

Iyi misemburo rero igira uruhare ku kuntu umugabo azitwara ku bagore.

1.Abafite urutoki rwambarwaho impeta rusumba mukubitarukoko

Uru n’urutoki rwambarwaho impeta yo gushyingiranwa rero iyo rusumba uru rukurikira igikumwe uyu mugabo aba afite imyitwarire ikurikira:

a)Aba bagabo biraborohera kugira umukunzi urenze umwe, ndetse ngo guca inyuma uwo bashakanye biraborohera cyane.

b)bagira impuhwe n’ubugwaneza Kandi bazi kwita ku bagore cyangwa abakobwa bakunda

c)bazi  gutega abagore babo amatwi, kubashimira, kubataka nibindi..

D)bakunda kubyara abana benshi

E)Bahinduka vuba kubabakunzi babo

2. Abafite urutoki rwamukubitarukoko rusumba urwambarwaho impeta.

a)aba bagabo bakunda umuntu umwe ibyo kubangikanya ntibabikozwa.

b)bagira impuhwe ariko ngo akenshi bahora bisanga mu ntonganya n’abakunzi babo.

b)kubyara abana bake cyangwa kutababyara namba ntacyo biba bibabwiye.

C)ntibapfa kuva kwizima kubera abagore mbese bihagararaho

d)ibyo gutega amatwi,gushima guseka n’abagore birabagora rwose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore ashyingiye Anita Pendo na Phil Peter abantu barwara imbavu (Video)

Yifashishije ijambo rimwe, Meddy yifurije isabukuru umufasha we.