urukundo
Reba ibintu byingenzi bituma abasore baterwa indobo n’abakobwa

Urukundo n’ikintu cyaremwe n’Imana kandi bikavugwa ko arirwo rwonyine ruzasigara ku Isi nyuma yuko ibindi byose bizaba byavanyweho nkuko bigaragara mu igitabo cya Bibiliya mu abakolinto bambere 10: 1-13.
Mu buzima bwa muntu by’umwihariko igitsina gabo hari uburyo bakoresha nkiyo bashaka gukundana n’umukobwa cyangwa umugore kugirango babiyumvemo.
Uyu munsi rero YEGOB yabateguriye bimwe mu bintu bituma umusore cyangwa umugabo aterwa indobo mu gihe ari gutereta.
1.Kwiyemera
Iyi ngeso n’imwe mu ngeso igitsina gabo gikunda kugira aho usanga baba bari kubwira abakobwa imwe mu mitungo bafite kandi ntayo babafite.
Burya rero abakobwa ntago bakunda ibi bintu kuko niyo atangiye kumva ukoresha amagambo gusa aho gukoresha ibikorwa bituma akubona mu mutwe maze akagufata nk’umwiyemezi.
2.Guhindukira
Burya iyo umukobwa ushaka gutereta muri kumwe uba ugomba kwirinda gucyebaguzwa .
Nkuko bisanzwe igitsina gabo kigira ingeso yo guhindukira nkuko King James yabivuze ati: “Abasose tugira ingeso yo guhindukira tukareba inyuma…” burya rero ibi iyo ukunda kubikora muri kumwe bituma abona ko wifuza benshi bityo bigatuma akubona ko utamukunda ko anakwemereye n’ubundi wazajya umuca inyuma ,kuko ibi byo guhindukira byerekana ishusho yo kutanyurwa.
3.Kutamutega amatwi
Hari gihe usanga umusore ari wa muntu ukunda kwivuga cyane ntahe umwanya uwo barikumwe nawe ngo avuge cyangwa ugasanga umusore ntajya aha umwanya uwo yifuza gutereta ngo nawe amubwire bimwe mubye ,ibi bituma umukobwa abona ko udashobotse mu mutwe maze agahita abona ko ntacyo mwakora mwembi mwacyumvikanyeho.
4.Kutamenya gusetsa
Burya igitsina gore muri rusange gikunda abantu babasetsa kuko bagira umutima wo gukunda utuntu nkutwo akumva nibwo yishimye kuburyo yifuza iteka ryose kuzajya aba arikumwe nawe kuko nyine umutera ibyishimo bigatuma agubwa neza.
5. Kwatambara neza
Iyo uri mu nzira zo gutereta umukobwa biba bigusaba kumenya kwambara neza kuko burya abakobwa bashimishwa no kuba bakundana n’umuntu uri smart, kuburyo nawe azajya yumva ko akundana n’umuntu wumukire, aha ni naho usanga bya bindi byo kwiyemera bigaragarira aho wagakwiye wowe kumwereka ibikorwa kurusha amagambo.
-
Imyidagaduro12 hours ago
Miss Josiane nyuma yo ku muterera ivi akambikwa impeta n’umukunzi we, ibyabo byarangiye gute ?
-
Imyidagaduro10 hours ago
Fiancée w’umuhanzi Emmy aratwika koko! Igitangazamakuru gikomeye ku isi cyatangariye ubwiza bwe
-
inyigisho24 hours ago
Waruziko gutera akabariro kenshi birinda indwara nyinshi harimo n’izikomeye? Sobanukirwa!
-
inyigisho16 hours ago
Musore, niba ushaka gutereta umukobwa bwa mbere bigacamo banza uzirikane bino bintu by’ingenzi.
-
imikino8 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bazabanza mu kibuga ku munsi w’ejo mu mukino uzabahuza na Uganda Cranes bamaze kumenyekana
-
inyigisho8 hours ago
Uziko burya gusomana bigabanya umuvuduko munini w’amaraso mu buriri bikagabanya n’umubyibuho ukabije
-
Imyidagaduro9 hours ago
Jules Sentore yakoresheje amagambo yuzuyemo urukundo rwa kibyeyi maze yifuriza umukobwa we isabukuru nziza
-
Inkuru rusange12 hours ago
Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.