in ,

Reba amafoto y’umukobwa w’umuherwe uri mu rukundo na Nizzo ndetse bateganya no kubana vubaha

Muri iyi minsi umuhanzi Nizzo wo mu itsinda rya Urban Boyz akomeje kuvugwa cyane (anengwa) mu binyamakuru bya hano mu Rwanda kubera uburyo atitabiriye ubukwe bwa mucuti we Safi ndetse akagarekaho no kuvuga ko umugore wa Safi atari Gout ye, gusa uyu musore ubu yari yugarijwe nikindi kibazo kirenze ibyo.

Mu ntangiro z’iki cyumweru Nizzo akaba yaragagaye ku mafoto arimo asomana n’umukobwa witwa Bijou ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko, nyuma yishyirwa ahagaragara ryayo mafoto Nizzo akaba yagize ibibazo bikomeye kuko umukobwa bakundana uw’umucuruzikazi mu Busuwisi witwa Solange Nisingizwe yamurakariye bikomeye bikaba ngombwa ko Nizzo amasuba imbabazi atakamba kuri Instagram.

Kuri ubu amakuru dufite akaba yemeza ko Nizzo yababariwe ndetse we Na Solange nabo bitegura kuzabana vubaha. Irebere amwe mu mafoto y’uwo mukobwa.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fc Barcelone ishobora gutakaza Lionel Messi kubera uburangare bw’abayobozi

Umunya Brasil ukomeye w’ikipe ya PSG yagize imvune ikomeye mu ikipe y’igihugu(Inkuru irambuye)