in

Reagan Rugaju yasengeye APR FC mbere yo kwerekeza mu Misiri none ibyo yayisabiraga mu isengesho nibyo yakorewe kuko yigishijwe isomo rya ruhago – VIDEWO

Reagan Rugaju yasengeye APR FC mbere yo kwerekeza mu Misiri none ibyo yayisabiraga mu isengesho nibyo yakorewe kuko yigishijwe isomo rya ruhago itsindwa nk’idabari.

Mbere y’uko ikipe ya APR FC ifata urugendo rwo kujya mu Misiri gukina umukino wo kwishyura na Pyramids FC, Reagan Rugaju yari yasengeye mugenzi we Nkurunziza Emmanuel Ruvuyanga wari igiye kujyana na APR FC.

Muri iri sengesho Reagan yaje no gusengera ikipe ya APR FC asaba Imana ko yazabagabiza Pyramids FC bakayitsinda, gusa si uko byagenze kuko Pyramids yaje kwihererana APR FC maze iyitsinda ibitego 6-1.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwo abantu bari basinziriye isoko rya Rwamagana ryafashwe n’inkongi y’umuriro ikomeye cyane -AMAFOTO

Rayon Sports WFC yageze ku mukino wa nyuma! Mu gihe APR FC yigishwaga isomo rya ruhago mu Misiri, no mu Nzove naho rwari rwabuze gica