in

Rayon Sports yazuye umugara nyuma y’ibyo bari kuyishinja nayo ihita yandikira FERWAFA iyisaba kurenganura amakipe yo mu Rwanda arimo guhohoterwa bikomeye n’abiyise abafasha

Rayon Sports yazuye umugara nyuma y’ibyo bari kuyishinja nayo ihita yandikira FERWAFA iyisaba kurenganura amakipe yo mu Rwanda arimo guhohoterwa bikomeye n’abiyise abafasha

Ikipe ya Rayon Sports imaze iminsi icecetse cyane kubera gutsindwa mu buryo benshi batumva n’ikipe ya Al Hilal Benghazi yo mu gihugu cya Libya ikabasezerera muri CAF Confederations Cup.

Mbere y’uyu mukino havuzwe byinshi harimo intambara iyi kipe yarwanye kubera kompanyi isanzwe igurisha amatike y’imikino hano mu Rwanda nyuma yaho iyi kipe yagurishije uyu mukino yakinnye na Al Hilal Benghazi ku giti cyayo iyi Kampanyi ntibyishimire.

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kurwana iyo ntambara ikayitsinda bakaba bakomeje kuyishinja ko yagurishije amatike arengeje ingano, kuri uyu wa kane yandikiye FERWAFA isaba ko baha amahirwe andi ma kompanyi nayo agasaba kugurisha amatike nyuma yaho amakipe menshi yemeje ko iyi kompanyi isanzwe ibikora ibarenganya cyane ndetse ikabateza ubukene budakwiye.

Bikomeje kugorana cyane iby’iyi kompanyi ndetse na Rayon Sports ariko bisa nkaho andi makioe yatinye kugira icyo abitangazaho ariko bisa nkaho itoboye ikibyimba cyari kimaze igihe, dushobora kubona nandi makipe agira icyo abitangazaho.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nta kurya indimi Rufonsina yavuze abantu bamusabye ruswa y’igitsina ariko akababera ibamba gusa n’ubundi icyo yashakaga kugera ho birangira akigeze ho ndetse n’abo bamusabaga arabima

Rayon Sports yashyizeho umuyobozi mushya uzanye ingamba zikomeye