in , ,

Rayon Sports yatsinze Alpha FC yo mu kiciro cya 2 biyigoye

Rayon Sports yatsinze Alpha FC 1-0 yo mu Kiciro cya kabiri mu mukino wa gishuti wabereye mu kibuga cyayo cyo  mu Nzove. Ni  umukino wa mbere Rayon Sports yakinnye nyuma yo gusubukura imyotozo ku wa Mbere mu gihe Alpha FC ikomeje kwitegura ‘imikino ya playoff’ yo mu Kiciro cya Kabiri, izatangira mu cyumweru gitaha. Ni […]

The post Rayon Sports yatsinze Alpha FC yo mu kiciro cya 2 biyigoye first appeared on UMUSEKE.

Rayon Sports yatsinze Alpha FC 1-0 yo mu Kiciro cya kabiri mu mukino wa gishuti wabereye mu kibuga cyayo cyo  mu Nzove. Ni  umukino wa mbere Rayon Sports yakinnye nyuma yo gusubukura imyotozo ku wa Mbere mu gihe Alpha FC ikomeje kwitegura ‘imikino ya playoff’ yo mu Kiciro cya Kabiri, izatangira mu cyumweru gitaha. Ni
The post Rayon Sports yatsinze Alpha FC yo mu kiciro cya 2 biyigoye first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubona ibi bimenyetso ku mukunzi wawe uzamenye ko igihe kigeze ngo mutandukane.

Mu bakinnyi 10 Mashami atatoranyije mu Amavubi harimo Sefu ‘wabyibushye cyane’