in

Rayon Sports yarihiriye ko nta kamera nimwe izaba iri ku kibuga

Ku wa gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022, nibwo ikipe ya Rayon Sport izakira APR Fc mu gikombe cy’amahoro, aho ubuyobozi bw’iyi kipe bwamaze kwemezako uyu mupira utazanyura kuri Tereviziyo mu gihe Rayon Sports itishyuwe.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Gicurasi 2022, aho abayobozi ba Rayon Sports batangaje ko umuntu utazajya ku kibuga atazareba umukino uzabahuza na Apr.

Mu rwego rwo gushaka abantu baza kureba uyu mukino, ngo nta tereviziyo uzanyuraho keretse ngo nibabanza bakishyura naho umuntu ushaka kuba yawureba agomba kw’ishyura. Uyu mukino uzabera kuri sitade ya kigali i nyamirambo.

Ibi bije nyuma yo kutumvikana kuri hagati ya Rba na Ferwafa ku bijyanye no kintu amashusho aciruzwamo, aho Ferwafa ivuga ko Rba yagurishije amashusho yayo ariko bo ntibagire icyo babona.

Ibiciro byose ni 5000 ahasanzwe, 10000 ahatwikiriye, 20000 VIP n’Ibihumbi 50000 VVIP, ababo bagomba no guhambwa parikingi y’imodoka zabo.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu kiniga cyinshi cyane Mama wa Iradukunda Elsa yahakanye ibivugwa ko umwana we atwite inda ya Prince Kid

Umusesenguzi ukomeye Gary Naville yatangaje amagambo akomeye kuri DeGea na Ronaldo