in

Rayon Sports ntibuze byose! Ku mukino Rayon Sports warangiye isezerewe na Al Hilal Benghazi yasaruyo akavagari k’amamiliyoni

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Nzeri 2023, nibwo ikipe ya Rayon Sports yari yakiriye Al Hilal Benghazi biza kurangira amakipe yombi anganyije igitego 1-1 biyambaza Penariti.

Gikundiro yaje gusezererwa muri CAF Comfederation Cup kuko yaje gutsindirwa kuri Penariti 2-4 za Al Hilal Benghazi.

Gusa ariko uyu mukino waje gusiga Rayon Sports isaruyemo akayabo ka miliyoni 64Frw kuko ariyo yari yawakiriye.

Ubu amakipe yose yari ahagarariye igihugu mu mukino nyafurika yose yasezerewe atageze mu matsinda doreko ko na APR FC yasezerewe nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC yo mu Misiri ibitego 6-1.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports isezerewe mu mikino nyafurika itera ikirenge mu cya mukeba APR FC

Fatakumavuta yafatiwe mu Burundi ari kumanika ibyapa biriho Bruce Melodie bivugwa ko ashaka kwica igitaramo cya The Ben