in

Rayon Sports inize URA FC rutahizamu mushya w’iyi atera benshi ubwoba kubera urwego ruri hejuru yerekanye

Uyu munsi ikipe ya Rayon Sports yakinnye n’ikipe ya URA FC yo mu gihugu cya Uganda.

Uyu ni umukino Rayon Sports yateguye kugirango ikomeze kumenyereza abakinnye bayo. Uyu mukino waje kurangira amakipe yombi anganyije ubusa ku busa.

Ni umukino wari uryoheye ijisho ukurikije uko Rayon Sports yakinnye birenze uko abantu batekerezaga.

Benshi mu bantu bakurikiye umukino banenze cyane imyitwarire yumuzamu Ramadhan Kabwili watsinzwe igitego kandi yakagombye kugira icyo akora nkumuzamu  mukuru bazanye.

Boubacar Traoré wakinnye uyu mukino nubwo atabanjemo gusa ubwo yajyagamo yerekanye ko Ari umukinnyi uzatanga akazi kuri ba myugariro b’amakipe ya hano mu Rwanda.

Rayon Sports yatsindiwe na Rafael Osaluwe ku munota wa 54, naho URA FC itsindirwa na Ibrahim Dada ku munota wa 76.

Abakinnyi 11 Rayon Sports yabanjemi.

Mucyo Didier ‘Junior’

Mitima Isaac

Nkurunziza Felecien na Ndizeye Samuel.

Mbirizi Eric

Bavakure Ndekwe Felix

Rafael Osaluwe Olise.

Paul Were Ooko

Rudasingwa Prince

Essomba Leandre Willy Onana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ides
Ides
1 year ago

Banganyije ubusa kubusa kandi mbona buri equipe yatsinze kimwe? Mukosore munkuru harimo ikosa

Ubwiza bwa Nyampinga wa 2022, uwa 2018, uwa 2020 n’uwa 2016 mu ifoto imwe

Umufana wa Miss Mutesi Jolly yamukoreye ikintu gikomeye nyuma yo kubona ifoto ye