in

Rayon Sports igiye guhabwa asaga miliyoni 100 ku mukinnyi wayo ngenderwaho

Ikipe ya Rayon Sports imaze gukina imikino myinshi ya gicuti cyane cyane hanze y’igihugu, umukinnyi wayo wari uhanzwe amaso ko yazacungura iyi kipe, bamutanzeho agera kuri miliyoni 100 kugira ngo ave muri Rayon Sports.

Nyuma y’uko ikipe ya Vipers FC itakaje rutahizamu Mpuzamahanga ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo witwa Cesar Manzoki werekeje mu ikipe ya Dalian Professional Football Club yo mu Bushinwa, irashaka kumusimbuza Essomba Onana Leandre Willy.

Uyu rutahizamu yagerageje gufasha Rayon Sports Kandi yari afite ejo heza hazaza muri iyi kipe ndetse akaba yari kuzafasha byinshi ariko Robertinho utoza Vipers yishimiye imikinire y’uyu musore.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Umubyeyi yitabye Imana we agiye kubyara nyuma y’uburangare bw’umuganga wari wigiriye konsa

Abakinnyi batatu ba Rayon Sports bakomeje kutishimira agaciro gacye bahabwa n’umutoza